Pages

Monday 10 June 2013

Fw: [uRwanda_rwacu] Ruhango: Ikibazo cy’impunzi z’Abarundi zasize zihakoze Jenoside kigiye guhagurukirwa

 
Perezida wa Sena y'u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene, yatangaje ko ikibazo cy'impunzi z'abarundi bagize uruhare muri Jenoside kigiye guhagurikirwa nabo bakaryoza iby'icyo cyaha ndengakamere.
Ibi yabitangaje tariki 09/06/2013 ubwo yifatanyaga n'abaturage b'umurenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Icyo kibazo cy'abarundi baje ari impunzi kigiye kureka kuba rusange ahubwo umuntu ku giti cye wagize uruhare muri iyo Jenoside ayikurikiranwaho nk'uko bigendekera n'undi Munyarwanda wese wayikoze agahungira mu bihugu by'amahanga.
Perezida wa Sena y'u Rwanda, Dr Ntawukuriryayo Jean Damascene, yatangaje ko ikibazo cy'impunzi z'abarundi bagize uruhare muri Jenoside kigiye guhagurikirwa nabo bakaryoza iby'icyo cyaha ndengakamere.
Ibi yabitangaje tariki 09/06/2013 ubwo yifatanyaga n'abaturage b'umurenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 19 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.
Icyo kibazo cy'abarundi baje ari impunzi kigiye kureka kuba rusange ahubwo umuntu ku giti cye wagize uruhare muri iyo Jenoside ayikurikiranwaho nk'uko bigendekera n'undi Munyarwanda wese wayikoze agahungira mu bihugu by'amahanga.
Samuel Dusengiyumva warokokeye Jenoside mu cyahoze ari komini ya Ntongwe ndetse akaba anahagarariye abacitse ku icumu rya Jenoside muri ako gace atanga ubuhamya kuri izo mpunzi z'abarundi avuga ko abo zabaga zishe babaga batandukanye nabo Interahamwe zishe bitewe n'uko zabatemaga ndetse zikabarya na bimwe mu bice by'imibiri yabo.
Ubwo bibukaga Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 mu murenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 34 y'inzirakarengane mu muhango witabiriwe n'abantu benshi barimo abanyacyubahiro batandakanye nka Minisitiri w'umuco na Siporo w'u Rwanda Mitali Protais kimwe na Dr Jean Pierre Dusingizemungu perezida wa IBUKA ariwo umuryango irengera inyungu z'abacitse ku icumu ku rwego rw'igihugu. http://www.kigalitoday.com/spip.php?article10904
 

RUTI RUTINYWA WA RUKERANDONGOZI
__._,_.___
Reply via web post Reply to sender Reply to group Start a New Topic Messages in this topic (1)
Recent Activity:
.
__,_._,___

No comments:

Post a Comment

Note: only a member of this blog may post a comment.

“Uwigize agatebo ayora ivi”. Ubutegetsi bukugira agatebo ukariyora uko bukeye n’uko bwije.

"Ce dont j’ai le plus peur, c’est des gens qui croient que, du jour au lendemain, on peut prendre une société, lui tordre le cou et en faire une autre."

“The price good men pay for indifference to public affairs is to be ruled by evil men.”

“The hate of men will pass, and dictators die, and the power they took from the people will return to the people. And so long as men die, liberty will never perish.”

“I have loved justice and hated iniquity: therefore I die in exile."

KOMEZA USOME AMAKURU N'IBITEKEREZO BYA VUBA BYAGUCITSE:

RECOMMENCE

RECOMMENCE

1.Kumenya Amakuru n’amateka atabogamye ndetse n’Ibishobora Kukugiraho Ingaruka ni Uburenganzira Bwawe.

2.Kwisanzura mu Gutanga Ibitekerezo, Kurwanya Ubusumbane, Akarengane n’Ibindi Byose Bikubangamiye ni Uburenganzira Bwawe.