Pages

Tuesday 5 May 2015

[amakurunamateka.com] Amazina y’i Burundi: Uburundi ndabona barataye umuco.

 

Amazina y'i Burundi: Uburundi ndabona barataye umuco.
 
Mu Burundi nkuko nabisomye mu itangazo riri hasi aha,mbonye amazina bayandika batangirilira ku mazina ya madini  nko mu Burayi ho bita amazina y'abana bakoresha amazina y'amadini gusa.

Mu Burundi: Urugero: Pascal Niyongabo
Source:

Muri Afrika ahenshi amazina y'amadini aza nyuma kuko ubanza kujya mu idini warishyizwemo n'ababyeyi  cyangwa ubwawe wabyikoreye.
 
Ni byiza rero ko u Rwanda rwo rwakomeje uwo muco wo kubanza kwita umwana izina rya Kinyarwanda ritandukanye ni rya se maze izina ry'idini rikongerwaho nyuma hamaze kwemezwa idini azafata cyangwa azayoboka ku bushake bwe.
 
Ikindi kandi Abanyafrika benshi bita abana amazina yihariye abana batagombye gufata amazina y'aba se. Ibi umuntu yavuga ko nabyo ari byiza kuko bituma umuntu  atitirirwa se kandi  wenda atabishakaga.
 
Mu Burayi nabo  hari nabahindura amazina kuko baba babona ko amazina ya ba se ababangamiye.  

Abanyarwanda kandi bo bita n'amazina abana babo bakurikije ibintu byinshi harimo n'ibyo bifuriza abana babo, ibibazo bagize, kwibuka, zina ryumukobwa  n'umuhungu rikumvikana neza kandi ukamenya kubantandukanya uhereye ku mazina, bityo hakaba diversite y'amazina mu gihugu aho kuba nko muri Kenya aho usanga izina  "Njoroge"  rifitwe n'abantu barenga milioni. Bityo bikagorana umuntu akaba agomba gushakisha mu madisiye ymavu n'amavuko  no gukoresha amatariki umuntu yavukiyeho kugira ngo umenye Njoroge uwariwe.  Iki kibazo gikunze kuboneka mu bihugu byakoronijwe n'Abangereza.
 
Urukiko rurengera Itegeko Nshinga rwemereye Perezida Nkurunziza kwiyamamaza
 
 

__._,_.___

Posted by: Alfred Nganzo <alfrednganzo@yahoo.com>
Reply via web post Reply to sender Reply to group Start a New Topic Messages in this topic (1)
-------------------------------------------------------------------___________________________________________________
-Ce dont jai le plus peur, cest des gens qui croient que, du jour  au lendemain, on peut prendre une société, lui tordre le cou et en faire une autre.
-The hate of men will pass, and dictators die, and the power they took from the people will return to the people. And so long as men die, liberty will never perish.
-I have loved justice and hated iniquity: therefore I die in exile.
-The price good men pay for indifference to public affairs is to be ruled by evil men.
=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=--=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-
-To post a message: amakurunamateka@yahoogroups.com; .To join: amakurunamateka-subscribe@yahoogroups.com; -To unsubscribe from this group,send an email to:
amakurunamateka-unsubscribe@yahoogroups.com
_____________________________________________________
-More news:  http://www.amakurunamateka.com

https://www.facebook.com/amakurunamateka

https://www.facebook.com/musabeforum
--------------------------------------------------------------------------------------
-SVP, considérer  environnement   avant toute  impression de  cet e-mail ou les pièces jointes.
======
-Please consider the environment before printing this email or any attachments.
--------------------------------------------------------------------------------------

.

__,_._,___

No comments:

Post a Comment

Note: only a member of this blog may post a comment.

“Uwigize agatebo ayora ivi”. Ubutegetsi bukugira agatebo ukariyora uko bukeye n’uko bwije.

"Ce dont j’ai le plus peur, c’est des gens qui croient que, du jour au lendemain, on peut prendre une société, lui tordre le cou et en faire une autre."

“The price good men pay for indifference to public affairs is to be ruled by evil men.”

“The hate of men will pass, and dictators die, and the power they took from the people will return to the people. And so long as men die, liberty will never perish.”

“I have loved justice and hated iniquity: therefore I die in exile."

KOMEZA USOME AMAKURU N'IBITEKEREZO BYA VUBA BYAGUCITSE:

RECOMMENCE

RECOMMENCE

1.Kumenya Amakuru n’amateka atabogamye ndetse n’Ibishobora Kukugiraho Ingaruka ni Uburenganzira Bwawe.

2.Kwisanzura mu Gutanga Ibitekerezo, Kurwanya Ubusumbane, Akarengane n’Ibindi Byose Bikubangamiye ni Uburenganzira Bwawe.