Pages

Saturday 21 December 2013

[RwandaLibre] Leta y’u Rwanda mu nzira zo gucyura Abanyarwanda bari muri Sudani y’Epfo

Leta y'u Rwanda mu nzira zo gucyura Abanyarwanda bari muri Sudani y'Epfo

Yanditswe kuya 19-12-2013 - Saa 21:03' na Olivier Rubibi

Mu gihe ibihugu byinshi, cyane cyane ibihugu byo ku mugabane w'i
Burayi na Amerika, bikomeje gukoresha uburyo bwose bushoboka, ngo
buvane abaturage babyo muri Sudani y'Amajyepfo, u Rwanda narwo ngo
rwiteguye gufasha Abanyarwanda bari muri iki gihugu kugaruka mu
Rwanda.

Gahunda yo gushaka uburyo Abanyarwanda baba muri Sudani y'Amajyepfo
bafashwa kugaruka mu Rwanda yatangajwe na Parfait Gahamanyi, umuyobozi
ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga, muri Minisiteri y'ububanyi
n'amahanga y'u Rwanda (MINAFFET).

Gahamanyi, aganira na (KFM) yavuze ko kugeza ubu, Abanyarwanda bari
muri Sudani y'Amajyepfo, bahungiye ku birindiro by'ingabo ziri mu
butumwa bw'amahoro bwa Loni, n'iz'u Rwanda zirimo, biherereye i Juba
mu murwa mukuru w'iki gihugu, mu gihe imirwano ikomeje hagati y'ingabo
z'iki gihugu.

Gahamanyi yakomeje avuga ko Abanyarwanda bari muri iki gihugu, bakwiye
kwiyegeranya ahantu hari umutekano, Leta y'u Rwanda ikaba yafasha
abashaka kugaruka mu Rwanda ku babishaka.

Imirwano hagati y'ingabo za Sudani y'Amajyepfo, yatangiye mu ijoro ryo
ku Cyumweru twasoje, aho Perezida wa Sudani y'Epfo, Salva Kiir, avuga
ko iyi mirwano yatejwe n'uwahoze ari Visi Perezida we Riek Machar,
wakuwe ku butegetsi muri Nyakanga 2013, ariko Riek Machar akabihakana,
ahubwo akavuga ko Salva Kiir naramuka avuye ku butegetsi amahoro
azongera akagaruka muri Sudani y'Amajyepfo.

rubibi@igihe.rw

http://igihe.com/amakuru/muri-afurika/u-rwanda/article/leta-y-u-rwanda-mu-nzira-zo


--
SIBOMANA Jean Bosco
Google+: https://plus.google.com/110493390983174363421/posts
YouTube Channel: http://www.youtube.com/playlist?list=PL9B4024D0AE764F3D
http://www.youtube.com/user/sibomanaxyz999
***Online Time: 15H30-20H00, heure de Montréal.***Fuseau horaire
domestique: heure normale de la côte Est des Etats-Unis et Canada
(GMT-05:00)***


------------------------------------

=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=--=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-
.To post a message: RwandaLibre@yahoogroups.com
.To join: RwandaLibre-subscribe@yahoogroups.com
.To unsubscribe from this group,send an email to:
RwandaLibre-unsubscribe@yahoogroups.com
_____________________________________________________

More news:

http://amakurunamateka.blogspot.co.uk/

http://ikangurambaga.blogspot.co.uk/

--------------------------------------------------------------------------Yahoo Groups Links

<*> To visit your group on the web, go to:
http://groups.yahoo.com/group/RwandaLibre/

<*> Your email settings:
Individual Email | Traditional

<*> To change settings online go to:
http://groups.yahoo.com/group/RwandaLibre/join
(Yahoo! ID required)

<*> To change settings via email:
RwandaLibre-digest@yahoogroups.com
RwandaLibre-fullfeatured@yahoogroups.com

<*> To unsubscribe from this group, send an email to:
RwandaLibre-unsubscribe@yahoogroups.com

<*> Your use of Yahoo Groups is subject to:
http://info.yahoo.com/legal/us/yahoo/utos/terms/

No comments:

Post a Comment

Note: only a member of this blog may post a comment.

“Uwigize agatebo ayora ivi”. Ubutegetsi bukugira agatebo ukariyora uko bukeye n’uko bwije.

"Ce dont j’ai le plus peur, c’est des gens qui croient que, du jour au lendemain, on peut prendre une société, lui tordre le cou et en faire une autre."

“The price good men pay for indifference to public affairs is to be ruled by evil men.”

“The hate of men will pass, and dictators die, and the power they took from the people will return to the people. And so long as men die, liberty will never perish.”

“I have loved justice and hated iniquity: therefore I die in exile."

KOMEZA USOME AMAKURU N'IBITEKEREZO BYA VUBA BYAGUCITSE:

RECOMMENCE

RECOMMENCE

1.Kumenya Amakuru n’amateka atabogamye ndetse n’Ibishobora Kukugiraho Ingaruka ni Uburenganzira Bwawe.

2.Kwisanzura mu Gutanga Ibitekerezo, Kurwanya Ubusumbane, Akarengane n’Ibindi Byose Bikubangamiye ni Uburenganzira Bwawe.