Pages

Saturday 19 July 2014

Rwanda: Inkongi y'umuriro muri Gereza nkuru 1930 Muhima yapfubye


Inkongi y'umuriro yibasiye igikoni cya Cantine&Restaurant iri muri Gereza nkuru ya Kigali izwi ku izina rya "1930″.

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 17 Nyakanga 2013, ahagana saa sita n’iminota mirongo ine n’itanu (12:45am), ni bwo igikoni cya cantine na Restaurant, kiri muriGereza nkuru ya Nyarugenge, iruhande rw’umuryango, cyibasiwe n’inkongi y’umuriro kirashya.

Gereza1-fe0fb (1)
Hazimijwe n’abagororwa bifashishije igitaka, umucanga n’amazi

N’ubwo hataratangazwa impamvu nyamukuru y’iyi nkongi, abakoreraga muri icyo gikoni barakeka ko yaba yaturutse ku mavuta yatombotse agafata inkingi n’inzira isohora umwotsi, maze bihita bitangira gushya, bikongeza n’inkingi z’ibiti bicyubatse.

JPEG - 91.8 ko
Polisi yari hafi na yo yahise iza gufasha abagororwa kuzimya n’ubwo bahazimije imodoka kabuhariwe mu kuzimya umuriro itarahagera

Iyi nkongi ntawe yahitanye ndetse n’ibyangiritse ni bike, ariko ntibyahise bitangazwa agaciro ka byo.

JPEG - 95.9 ko
Impungenge zari zose ko na cantine&Restaurant yaza gufatwa kuko hari kwangirika byinshi n’ubwo abari bayirimo bose bari basohotse
JPEG - 96.3 ko
Iyi nkongi yahereye mu ku nzira y’umwotsi (Cheminee)

No comments:

Post a Comment

Note: only a member of this blog may post a comment.

“Uwigize agatebo ayora ivi”. Ubutegetsi bukugira agatebo ukariyora uko bukeye n’uko bwije.

"Ce dont j’ai le plus peur, c’est des gens qui croient que, du jour au lendemain, on peut prendre une société, lui tordre le cou et en faire une autre."

“The price good men pay for indifference to public affairs is to be ruled by evil men.”

“The hate of men will pass, and dictators die, and the power they took from the people will return to the people. And so long as men die, liberty will never perish.”

“I have loved justice and hated iniquity: therefore I die in exile."

KOMEZA USOME AMAKURU N'IBITEKEREZO BYA VUBA BYAGUCITSE:

RECOMMENCE

RECOMMENCE

1.Kumenya Amakuru n’amateka atabogamye ndetse n’Ibishobora Kukugiraho Ingaruka ni Uburenganzira Bwawe.

2.Kwisanzura mu Gutanga Ibitekerezo, Kurwanya Ubusumbane, Akarengane n’Ibindi Byose Bikubangamiye ni Uburenganzira Bwawe.